News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy'umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC cyatewe n'intambara hagati ya FARDC na M23 kitazakoma mu nkokora iri rushanwa rizenguruka Igihugu ku magare ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyavuze ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa 10 kizashyira ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi bwa 6 ku buzima n’imibereho y’abaturage, DHS 2020.
Umuhanzi Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade yatangaje ko mu ntangiro za Kamena 2024, azashyira hanze indirimbo yise ‘Nyiragongo’ yiteze ko izashimisha abakunzi be n’Abanyarwanda muri rusange. Ni ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n'abandi bakuru b'ibihugu na za guverinoma ndetse n'abayobozi batandukanye ku Isi mu gutangiza Inama ya Loni yiga ku mihindagurikire y’ibihe ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
Mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK hafunguwe igikoni kigezweho gitunganya amafunguro azajya ahabwa abarwayi n’abarwaza badafite ubushobozi. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko iki gikoni kije gukemura ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...